Hannah, umugore w’abana babiri, yatangaje ko iminota micye nyuma yo kubyara umwana we wa kabiri, umutima we wahagaze gutera. Ibi byabaye mu gihe yarimo
Mu gihe impaka ku mbuga nkoranyambaga muri Nigeria no hirya no hino ku Isi zikomeje ku bijyanye n’uwakwitirirwa umurage wa Fela Anikulapo Kuti, umuhanzi
Ikipe ya Manchester United yongeye kwandika amateka mashya itsindira Arsenal kuri Emirates Stadium, mu mukino wo ku munsi wa 23 wa Shampiyona y’u Bwongereza
Umuhanzikazi w’umunyarwandakazi Alyn Sano akomeje kwigaragaza ku rwego mpuzamahanga nyuma yo kwitabira ibirori bikomeye bya The NAMM Show 2026 biri kubera muri Anaheim Convention
Madamu Jeannette Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’icyubahiro ku bw’umusanzu n’ubudashyikirwa yagaragaje mu kwita ku baturage, uburezi no kugeza ubuvuzi kuri bose mu Rwanda, muri
Darren Jason Watkins Jr wamamaye nka iShowSpeed yagaragaje amarangamutima adasanzwe no gukorwa ku mutima nyuma yo guhura n’abagabo babiri bakuru bafitanye isano na we.
Urupfu rw’umusore rwabereye mu Mujyi wa Kigali rukomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko hamenyekanye ko uwakekwaho kuba yararugizemo uruhare ari umusore wari uturutse muri Leta
Isiganwa ngarukamwaka ryo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu rizwi nka Heroes Cycling Cup 2026 ryabaye ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026, ryegukanwa na