Umuhanzikazi nyarwanda Bwiza yatangaje ko ari mu myiteguro y’uruhererekane rw’ibitaramo bizabera mu bice bitandukanye by’Isi, mu rwego rwo kumurika alubumu ye ya gatatu. Ibi
Kanye West yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gusaba imbabazi ku mugaragaro Abayahudi kubera amagambo yigeze gutangaza yafashwe nk’ayabibasira. Ibi yabikoze asobanura ko ayo magambo
Umuhanzi wo muri Nigeria Davido yabonye uburyo abagore bo muri Ghana bakoreye ‘massage’ Umunyamerika iShowSpeed, agira amerwe asaba umugore we ko yamwemerera na we
Dolly Parton umuhanzikazi wamamaye muri Country Music, yatangaje ko yatangiye gutegura uko ikiriyo cye kizaba kimeze namara gupfa kugira ngo abazacyitabira n’abakunzi be muri
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu Mugisha Didier uherutse gutandukana na Police FC, aho yemeye kuyikinira amasezerano y’amezi atandatu. Aya makuru yashyizwe
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, afatanyije na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye abashyitsi bakomeye ku meza basangira ibya nimugoroba. Abo bashyitsi bari abayobozi
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko amabwiriza mashya yahawe abasirikare ari ukuzana umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi, wamamaye mu