Mu Rwanda, abagore barenga 35.105 bafashe umwanzuro wo kwifungisha burundu mu rwego rwo kuboneza urubyaro, aho 4.219 muri bo bifungishije mu mwaka wa 2024.
Katy Perry Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika by’umwihariko yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abakunzi be
Umuhanzi Element uri mu Gihugu cya Nigeria aho yitabiriye ibihembo bya AFRIMA, yahuriyeyo na Harmonize n’umuraperi Falz wanditse amateka atandukanye mu muziki wa Afurika,
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushimuta Ramzan Kadyrov, umuyobozi w’Intara ya Chechnya mu Burusiya, avuga ko icyo gikorwa
Rutanga Eric umukinnyi w’umupira w’amaguru wakiniraga ku ruhande rw’ibumoso mu bwugarizi, yatangaje ku mugaragaro ko asezeye gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, nyuma y’imyaka myinshi
Yago ari mu mwaka wa gatatu atangiye gukora umuziki nk’uwabigize umwuga, yatangaje ko yasoje ibikorwa byo gutunganya album ye ya gatatu, iteganyijwe kujya hanze
Juliana Kanyomozi, yatangaje uko yagowe cyane n’ibiganiro n’ibihuha byakwirakwizwaga ku mbuga nkoranyambaga bivuga ku muntu bakekaga ko babyaranye umuhungu we. Ibi byavugwagaho cyane kuri
Umujyanama w’Ubuzima wo mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rw’uvugwaho gukora ubuvuzi gakondo buzwi nka