Bamwe mu bacuruzi n’abarema isoko rya Rukomo riherereye mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe no kuba ari rito bikabagiraho
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasohoye itangazo risaba abaturage bayo bafite ubwenegihugu bwa Amerika kuva muri Venezuela byihuse, ndetse ibaburira kwitwararika mu gihe baba
Ibihugu by’u Bwongereza n’u Bufaransa byashinjwe gushyira u Burayi mu kaga ko kwinjira mu ntambara ikomeye ishobora kubuhungabanya, nyuma ya gahunda zabyo zo kohereza
FC Barcelona yongeye kugaragaza ubuhangange bwayo mu mupira w’amaguru itsinda Real Madrid ibitego 3-2, yegukana igikombe cya Super Cup ya Espagne ku nshuro ya
Obadiah Biraro yavuze ko umuntu unyereza umutungo n’imari bya Leta aba akora nk’icyihebe, kubera ingaruka mbi ibikorwa bye bigira ku gihugu n’abaturage muri rusange.
Papa Leo XIV yagaragaje ko atemera na gato uburyo bwo gutwitira umuntu akaguha amafaranga, avuga ko ari igikorwa gihungabanya agaciro k’ubuzima n’icyubahiro cy’umwana n’umugore
Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, umusore w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga uzwi nka IShowSpeed yasusurukije cyane abakunzi be bari
The Ben yageneye abakunzi ubutumwa bw’ishimwe, abashimira urukundo n’inkunga bakomeje kumugaragariza mu bihe yise ibikomeye yanyuzemo. Ubu butumwa yabunyujije ku mbuga nkoranyambaga ku wa