Indwara zitandura mu Rwanda zahitanye 47.7% by’abapfuye mu 2024
Indwara zitandura zikomeje kuba ikibazo gikomeye mu Rwanda, kuko zikomeje kuza imbere mu gutwara ubuzima bw’abantu benshi. Imibare yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)