Umuramyi Richard Nick Ngendahayo, umwe mu bahanzi bakunzwe mu ndirimbo zihimbaza Imana nka Sumuhemu na Ni we, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda cyane cyane urw’aba
Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya 12 y’Ubutegetsi ya Smart Africa yagarukaga ku ngingo z’ingenzi zirimo; ubwenge buhangano (Artificial Intelligence) n’imirimo ikomeje gukorwa na
Bidasubirwago, Rayon Sports yatandukanye n’umutoza Afahmia Lotfi wari umaze ukwezi yarahagaritswe. Tariki ya 13 Ukwakira 2025, ni bwo Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse Afahmia
Robert Francis Prevost wahindutse Léon XIV yatangaje zimwe muri filime akunda ndetse afata nk’iz’ibihe byose, ziganjemo izasohotse mu kinyejana cya 20 (1901–2000). Ibi byatangajwe
Inzobere mu buhinzi no kongera umusaruro w’ibihinga zirasaba inzego zitandukanye gushyigikira abahinzi bato kuko ari bo batanga hejuru ya 80% y’ibiribwa bihingwa mu Rwanda.
Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yavuze ko ubwenge muntu buhangano (AI) buzagira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda, aho biteganyijwe ko