Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kugaba igitero cya gisirikare kuri Nigeria, ashinja icyo gihugu kureberera ubwicanyi bukorerwa
Leta ya Kenya yemeje ko abantu 21 bapfiriye mu nkangu yabaye mu karere ka Marakwet East, mu burengerazuba bw’igihugu, itewe n’imvura nyinshi imaze iminsi
Abasore batatu bapfiriye mu gitero cy’indege z’intambara za Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabwe ku bwato bwavugwagaho kunyuza ibiyobyabwenge mu Nyanja ya Karayibe bubyinjiza
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Ukwakira 2025, umwe mu banyempano bakiri bato bazwi mu itangazamakuru n’itumanaho, Lyvine Nsanzumuhire, yasoje ku mugaragaro icyiciro