Dore inshuro umuntu umeze neza akwiye kujya kunyara na Litiro z’inkari atagomba kurenza
Ubusanzwe abantu ntibajya bita kuri iki kintu ngo barebe uko ubuzima bwabo bumeze. Kujya kunyara inshuro nyinshi nabyo ni ikibazo kimwe no kujyayo gacye.