Umukinnyi Joy Lance Mickels w’imyaka 31 y’amavuko yageneye ubutumwa abakunzi b’ikipe y’Igihugu amavubi agaragaza ko atazitabira ubutumire yahawe. Ni ubutumire yahawe mu mikino yo
Abasore 4 bo bapakiraga amabuye mu modoka mu kirombe giherereye mu Karere ka Karongi bagwiriwe n’ibuye rinini ryari hejuru yabo ku musozi, batatu bahita
Umusaza wo muri Leta ya South Dakota, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishe uwari umwarimu ndetse n’umutoza w’imikino mu kigo yigagaho witwa Norman Johnson,
Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 6 Ukwakira 2025, Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Sebastien Lecornu, Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa,
Intumwa za Leta ya Kinshasa n’izihagarariye umutwe wa M23 ziri mu biganiro biri kubera mu mujyi wa Doha muri Qatar, zikomeje kugerageza kubona ibisubizo