Kimenyi Yves, yasubije ubutumwa bwa Miss Uwase Muyango Claudine amushimira byimazeyo ku magambo yuje urukundo yamugeneye ku isabukuru ye. Mu butumwa bwe, Kimenyi umwe
Rtd Major Jean Bosco Mubarakh Kayinamura, akaba ari we mukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia, wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, yagaragaje ko atanyuzwe na raporo
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI). Ni amasomo agiye kwiga
Icyishaka Davis [Davis D], ategerejwe mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho azataramira mu gitaramo East Africa Show in Dubai giteganyijwe
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina usa n’aho ari mu bibazo yatangaje ko yihishe ahantu hatekanye nyuma y’igerageza ryo kumwica, ryanakurikiwe n’imyigaragambyo y’abaturage basaba ko