Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari kuvugwa cyane izina rya Colonel Micheal Randrianirina, umusirikare wigaragaje mu buryo butunguranye ubwo yatangazaga ko
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, Abanyarwanda bazatangira kwivuriza ku bwishingizi bwa RAMA mu mavuriro y’ibanze mu rwego rwo kurushaho kubegereza
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero by’indege z’intambara mu bice bituwe n’abaturage ndetse no ku birindiro by’Ihuriro
Uwahoze ari umugabo w’umuhanzikazi, Sia yamaze kumurega mu nkinko asaba ko yazajya amuha miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda za buri kwezi zo kumwondora no
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye visa abanyamahanga batandatu bashinjwa amagambo batangaje ku mbuga nkoranyambaga y’ubushinyaguzi yifuriza gukongoka Charlie Kirk, wari inshuti y’akadasohoka ka
Umugabo wo mu gace ka California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishe arashe umugore bakundanaga akaza gushaka undi mugabo nyuma yo gutega imodoka ye
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki Gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya