Marijoze utunyamaswa dufite umwihariko wo gutinywa na benshi bitewe n’uburyo dusa ndetse n’uko tubayeho. Utu dusimba dufite umwihariko wo gukunda gutura mu nzu za
Muri iyi Si y’imyidagaduro cyane, umwanzi wawe yakuviramo imbaraga nk’uko byaragajwe na Rayvanny na Harmonize bahiriye ku ndirimbo imwe.N’ubwo bari basa n’abafitanye amasinde atabagaye,
Mu gihugu cya Kenya , umukozi w’Imana warimo ku bwiriza ari gukusanya inkunga yatawe muri yombi na Polisi nk’uko byatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano zashyize
Umunyamakuru wa Isibo FM akaba n’umusesenguzi mu myidagaduro yambitse impeta y’urukundo(Fiançaille) umukunzi we ndetse KO ubukwe bw’aba bombi bushobora Kuba mu kwezi gutaha kwa
Umwe mu bagore bakomeye mu myidagaduro y’u Rwanda Nirere France Marie wabaye Manager wa The Ben ahambere akamufasha no gukora igitaramo gikomeye cyo kumurika