Injangwe yo muri leta ya California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika amashusho yafashwe na kamera itabara umuryango w’aba sebuja nyuma yo gukura imbeba yari
Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yafashe mu mugongo Perezida wa Kenya William Ruto, n’Abanyakenya bose, n’umuryango wa Raila Amolo Odinga waraye yitabye
Umunyamideri Kim Kardashian yashyize hanze ukuri ku gutandukana kwe na Kanye West babyaranye. Kim yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro
Umugabo w’umunyamerika witwa Rudolf Martino yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere ufite ubwanwa burebure kurusha abandi ku isi bituma kubwozamo no kubwumutsa bimutwara
Umugabo wo mu Karere ka Burera , afungiye guhinga urumugi mu murima we aruvanga n’imyaka. Uwo mugabo yafatiwe mucyuho afite umurima yahinzemo imyaka n’ibiti
Umugabo w’umunyamisiri w’imyaka 44,witwa Ashraf Mahrous yatunguye abatuye isi mu buryo bukomeye nyuma yo gukururaga ubwato bupima toni 700 akoresheje amenyo ye. Mu mujyi
Ibihumbi by’abarwanashyaka ba nyakwigendera wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Amolo Odinga, batangiye guteranira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta i Nairobi,
Logic Training Center ni ikigo cyigisha imyuga ijyanye n’ikoranabuhanga kikaba gikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi. Bigisha imyuga irimo ; ‘Computer