Umuvugizi w’ibiro bya Perezida wa Amerika, White House, Karoline Leavitt, yatangaje ko Perezida Donald Trump mu rugendo azagirira muri Aziya mu cyumweru gitaha, azahura
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange mu rugendo rushya
Mahoro Peace Foundation uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu wasabye Umuryango w’Abibumbye gutabara Abanyamulenge baba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakomeje
Komisiyo y’Imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yahagaritse ibyumweru bibiri umusifuzi Ishimwe Claude uzwi nka Cucuri na Mugabo Eric wahagaritswe ukwezi, kubera amakosa
Annette Murava yagaragaje imbamutima ze ku mbuga nkoranyambaga ubwo yongeraga gusohokana n’umugabo we Bishop Gafaranga umaze iminsi mike avuye muri gereza. Mu magambo yuje
Davido wamenyekanye muri muzika yagizwe Perezida w’Ikigega cy’Imikino cya Leta ya Osun mbere y’uko ataramira i Kigali. Byatangajwe n’Ubuyobozi bwa Leta ya Osun mu
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abarimu bo mu Rwanda batangiye guhugurwa ku gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge muntu buhangano kuko ribonwa nk’umusemburo w’iterambere ry’uburezi bw’ahazaza. Ni imwe
Lionel Messi yasinyiye ikipe ya Inter Miami yo muri Amerika , amasezerano azamugeza muri 2028 akuraho ibihuba byo gusubira muri FC Barcelona no guhagarika