“Umugabo wanjye yapfuye turi kumwe mu cyumba nta ubwenge ndarira ndahogora” ! Agahinda Justine wabuze umwana umugabo n’ababyeyi
Urukundo rw’uwo mwabanye mu busore kugeza mushaze rukwiriye kubahwa niyo mpamvu iyo umuntu abuze uwo babanye bakundana bigorana cyane ndetse akaba yamara igihe ababaye