Raporo zitangazwa n’ibitangazamakuru mpuzamahanga zemeza ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ari mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga, nyuma yo kuremberwa n’indwara itatangajwe.
Umunyeshuri witwa Apolot Maureen Gloria wari mu mwaka wa nyuma mu bijyanye n’ubuhinzi muri Kabale University yitabye Imana habura iminsi mike ngo yambare ikanzu
Umugore w’imyaka 48 y’amavuko wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yarashe inshuro ebyiri umugabo we ku kibuno nyuma yuko bari bamaze kugirana impaka zishingiye
Igiciro cya Victor Osimen ku isoko ry’abakinnyi cyamanutse cyane dore ko cyavuye kuri 203,616,000,000 Rwf kigera kuri 127,260,000,000 Rwf. Victor Osimhen usanzwe akinira ikipe
Zaake Kibedi , Ambasaderi wa Uganda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko umugabo witwa Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey, uherutse gushyirwa ahabona na