Umuhanzi w’Umunyarwanda ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , Lona Glory yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise 4×4. Ni indirimbo yagiye
Bamwe mu bamaze kumenyekana mu gukoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye bagiye guhurira mu cyiswe Meet and Great yateguwe na 250 Creators. Meet and Greet ni
Mu gitambo cya Misa gikomeye cyabereye mu mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero i Vatican, Papa Léon XIV, yatangaje ko yashyize mu rwego rw’Abatagatifu abantu barindwi
Ubusanzwe El Classico Beach Chez West, iherereye mu karere ka Rubavu, ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, hafi y’uruganda rwa BRALIRWA ahazwi nko kuri Brasserie.
Urupfu rw’umwana w’imyaka 8 witwa Iradukunda Jacques waguye mu mugezi wa Rwabeya, uherereye mu Mudugudu wa Mubuga, Akagari ka Rwebeya, Umurenge wa Cyuve mu
Diomaye Faye Perezida wa Sénégal, Bassirou yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025. Perezida Faye
Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo
Mu karere ka Huye ugukeka amagini n’uburozi bikomeje kwiyongera mu baturage nyuma y’uko moto yari iparitse ku muhanda ifashwe n’inkongi y’umuriro igashya igakongoka. Ahagana
Tiwa Savage Umuhanzikazi ukomeye muri Nigeria, yagarutse ku buzima bwe bw’urukundo anatangaza ko afite inyota yo gushaka umugabo, ndetse ko atazigera atinya kuba umugore