“Umukobwa dukundana binsaba kumuha amafaranga uko duhuye” ! Umusore watangiriye kuri Capati akaza kugura imodoka yavuze ko gundana n’umukobwa w’ubu bisaba igishoro gihanitse ngo umurambane
Umusore wavukiye mu karere ka kamonyi mu ntara y’Amajyepfo ubu usigaye uba i Kigali yahamije ko gukundana n’umukobwa ukamurambana bisaba igishoro gihanitse ku buryo