Zicsloma yatangaje ko ku kwezi yinjiza arenga Miliyoni 65 ariko ngo aracyashaka umukunzi wo kumufasha kujya amukemurira ibibazo by’amafaranga
Umunyamakuru wo muri Nigeria witwa Zicsloma wamamaye cyane kumbuga nkoranyambaga yatunguranye avuga ko we nubwo akorera amafaranga menshi ariko akeneye umukunzi wo kumwitaho no