Ku mbuga nkoranyambaga hari gucicikana amashusho y’umugabo witwa Pierre Muhire n’umugore we bari barimo gusezerana mu mategeko, ariko uyu Muhire akaza gutegwa mu gusoma
humvikana inkubiri yo kujya gupimisha uturemangingo ndangasano (DNA), gusa si ho gusa kuko ahubwo mu gihugu cya Uganda byamaze gufata indi ntera ndetse bigenda
Inzego z’umutekano zatoraguye umurambo w’umukobwa witwa Manzi Constance Rida w’imyaka 24 y’amavuko muri pisine iherereye mu karere ka Karongi, akaba yakomokaga mu karere ka
Nyuma y’uko ku musozi umwe wo mu karere ka Nyamasheke hamaze iminsi hapfupfunuka umuriro w’inkekwe wateye abantu amayobera kubera ko ntawe wari uzi aho