“Ikizira cyinjiye ahera” ! Pastor Phanny yashyize anenga umuyobozo wa ADEPR wemeye ko ibendera ry’abatinganyi rizunguzwa m’urusengero!
Hashize igihe abantu baracitse ururondogoro ku gisa n’igitangaza cyabaye ubwo muri ADEPR Nyarugenge hazamurwaga ibendera ry’abatinganyi. Abantu benshi haba abayoboke b’iryo dini n’abandi bakurikirana