Nyuma y’aho hanze aha hakomeje kugarukwa ku ifoto y’umukobwa wambaye amataye avuye mu Murenge gusezerana.Benshi bakomeye kwibaza niba ari umuco mwiza. Mu kiganiro cy’abantu
Mu muhango wabereye mu kigo cy’umuco cya Vision Jeunesse Nouvelle urubyiruko rwasobanuriye amahirwe rushobora gukura mu bikorwa by’Akarere ka Rubavu rukihangira imirimo irufitiye inyungu