Dorimbogo yarakaye avuga ko yahemukiwe n’abashakaga ku musambanya anahakana ko atigeze yambara ikariso mu buzima bwe
Umwe mu bakobwa bamaze kwamamara mu Rwanda no hanze y’u Rwanda kubera uburyo avuga n’indirimbo ze harimo n’izo yise ngo ‘Dorimbogo, IROMA , n’izindi