Abakora umwuga w’uburaya mu mugi wa Kigali barashaka guhindurirwa izina ntibagishaka kwitwa indaya
Bamwe mu bicuruza bo mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bazwi ku kabyiniriro k’Indaya ntibakinyurwa no kwitwa gutyo ndetse ntibifuza ko hari uwabita iryo