Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo
Mu karere ka Huye ugukeka amagini n’uburozi bikomeje kwiyongera mu baturage nyuma y’uko moto yari iparitse ku muhanda ifashwe n’inkongi y’umuriro igashya igakongoka. Ahagana
Mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze mu myaka ine iri imbere hazubakwa ishuri ry’icyitegererezo ry’ubumenyi ngiro Center of Vocational Excellence CoVE rizigisha
Umukobwa witwa Tuyubahe Emerance w’imyaka 21 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Bwishyura mu Karere ka Karongi, akurikiranyweho gukuriramo inda mu bwiherero bw’Ikigo Nderabuzima
Cyril Ramaphosa , Perezida wa Afurika y’Epfo yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi
Bamwe mu bayobozi bahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye mu nama y’ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye umutekano wo mu karere
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari kumwe n’Umunyabigwi Francis Ngannou, na Mauricio Sulaimán bakurikiye imikino y’irushanwa rya PFL Africa yabereye mu Rwanda ku
Rayon Sports yatsinde Rutsiro FC nyuma y’iminsi 35 dore ko yaherukaga intsinzi itsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 mu mukino ufungura shampiyona wakinwe tariki ya