Umugabo wo mu Karere ka Burera , afungiye guhinga urumugi mu murima we aruvanga n’imyaka. Uwo mugabo yafatiwe mucyuho afite umurima yahinzemo imyaka n’ibiti
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka wabanje. Yavuze ko
Mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Kanama, umusore w’imyaka 16 arakurikiranyweho icyaha gikomeye cyo kwica nyina wabo w’imyaka 42, nyuma yo kumukubita isuka ya
Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye, habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’umuturage umwe ubwo urukuta rw’inzu rwagwaga rugahitana abantu bari barimo gusenya. Iyi
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, Abanyarwanda bazatangira kwivuriza ku bwishingizi bwa RAMA mu mavuriro y’ibanze mu rwego rwo kurushaho kubegereza
Abasenateri bo muri Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano batangiye igikorwa cyo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda
Ubumwe Nyarwanda bw’Abatabona mu Rwanda (RUB) buratangaza ko gukomeza guharanira ko ubudaheza buba mu byihutirwa ari ingenzi, kuko kubaho neza ku muntu ufite ubumuga