Cristiano Ronaldo yahawe igihembo cy’umukinnyi w’ibihe byose mu ikipe y’Igihugu ya Portugal aho yizihiza imyaka 22 ayikinira. Ni igihembo yahawe kuri uyu wa 07
Umukinnyi Joy Lance Mickels w’imyaka 31 y’amavuko yageneye ubutumwa abakunzi b’ikipe y’Igihugu amavubi agaragaza ko atazitabira ubutumire yahawe. Ni ubutumire yahawe mu mikino yo
Umukinnyi Erking Haaland yaraje neza abafana ba Manchester City nyuma yo gufasha iyo kipe kubona amanota atatu yakuye kuri Brentford. Ni umukino wari ukomeye
Ikipe ya FC Barcelona yatunguwe na Fc Sevilla yayitsinze ibitego bigera kuri 4 mu mukino Lamine Yamal atagaragayemo, Lewandowski agahusha Penaliti yashyize iyo kipe
Imikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League yakomeje amakipe amwe aratsinda andi aratsindwa nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.
Umugore wabyaye umwana akamwita UCI yagaragaje uko byagenze kugira ngo afate uwo mwanzuro usa n’aho ukomeye wo kwita umwana we w’umukobwa Ange UCI. Kuva
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yasabye abakinnyi gukuba kabiri imbaraga bakoresheje i Kigali, ubwo bazaba bakiriwe na Pyramids FC mu mukino