Umugabo ukomoka mu Rwanda arakekwaho kwica umugore we mu gace ka Rhône mu Bufaransa, aho amakuru avuga ko yamwishe akoresheje ibyuma. Ikinyamakuru Le Parisien
Urukundo rwubakira ku gukundana no kwizerana gusa na none hakabamo gufata umwanzuro wo kutazahemukirana. Mu gihe wowe mukobwa uri mu rukundo n’umusore ukamubonaho ibyo
Mary Nambwayo akomeje kuvugisha abatari bake kubera amagambo yatangaje agaragaza ko yubaha Pasiteri mu rusengero kurenza umugabo we bashakanye. Nyuma yo gutangaza ayo magambo
Umugore yahakanye aratsemba, avuga ko atashyingura umugabo we waguye kundaya, agaragaza ko ariyo ikwiriye kumushyingura kuko ari we bararanye. Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga
Umugabo utakigukunda nti wamunyweraho amazi, agufata nabi ku buryo ushobora kwifuza gusubira iwanyu bikakunanira. Ariko ni ibintu by’ingenzi bizabikwereka ugafata ingamba bitari byagera ku
Niba ufite umusore ukwitegereza , ukaba abona asa n’ugukunda, ita kuri ibi bintu 4 by’ingenzi uzahita umenya ko agukunda by’ukuri cyangwa ko nta rukundo