Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yafashe mu mugongo Perezida wa Kenya William Ruto, n’Abanyakenya bose, n’umuryango wa Raila Amolo Odinga waraye yitabye
Umunyamideri Kim Kardashian yashyize hanze ukuri ku gutandukana kwe na Kanye West babyaranye. Kim yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro
Umugabo wo mu Karere ka Burera , afungiye guhinga urumugi mu murima we aruvanga n’imyaka. Uwo mugabo yafatiwe mucyuho afite umurima yahinzemo imyaka n’ibiti
Logic Training Center ni ikigo cyigisha imyuga ijyanye n’ikoranabuhanga kikaba gikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi. Bigisha imyuga irimo ; ‘Computer
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarashe ubundi bwato bwavaga muri Venezuela, bikekwa ko bwari bwikoreye ibiyobyabwenge. Amashusho y’amasegonda 33 yashyizwe hanze na
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka wabanje. Yavuze ko