Umuramyi mu ndirimbo zahimbiwe Imana Josh Ishimwe, uri mu bakunzwe baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza, yifurije umugore we isabukuru nziza y’amavuko, amuhata imitoma
Igihugu cy’U Rwanda nicyo cyahawe kwakira ibirori bizahemberwamo abakinnyi b’indashyikirwa bahize abandi mu gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika. Ibi bihembo bigiye gutangwa
Umutoni Aline usanzwe ari umusifuzikazi Mpuzamahanga yatangaje ko agiye kurega Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles kubera amagambo yamutangajeho. Ibyo Umutoni Aline
Ku wa Kabiri tariki ya 21 Ukwakira 2025, U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 277 bagizwe n’imiryango 94 bari barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba, yahawe inkunga ya Miliyoni 1 Frw n’Itorero riyoborwa na Bishop Prof. Fidèle Masengo mu rwego
Spice Diana umwe mu bahanzikazi bo muri Uganda, yababajwe n’abamushinja guhimba inkuru y’uko yatewe amabuye, nyamara ngo yashakaga kwamamara, akavuga ko ibyo biva ku