Umuraperi-kazi Nicki Minaj, yongeye gutungura abafana be nyuma yo gutangaza ko ahagaritse umuziki ndetse no gusohora album nshya, ibintu byahise bivugisha benshi ku mbuga
Urukundo rwa Britney Spears na Kevin Federline rwongeye kugarukwaho cyane nyuma y’uko Kevin atangaje mu gitabo gishya yise You Thought You Knew” ko yafashe
Uwahoze ari umugabo w’umuhanzikazi, Sia yamaze kumurega mu nkinko asaba ko yazajya amuha miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda za buri kwezi zo kumwondora no
Umuhanzi The Ben mu myiteguro yo gusohora indirimbo eshatu mbere y’uko umwaka urangira. Mugisha Benjamin [The Ben] umaze iminsi i Bali muri Indonesia aho
Sean Diddy Combs, yategetswe n’Urukiko rwa Amerika gushyikiriza inzego za Leta ibikoresho byose by’ikoranabuhanga bifitanye isano n’iperereza ku byaha by’ubusambanyi n’icuruzwa ry’abantu ashinjwa gukora
Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Paula Kajala, yagaragaje ko indirimbo nshya y’umugabo we Marioo yise Njozi, yahuriyemo n’umuhanzi n’umutunganyirizamuzika w’Umunyarwanda Element EleéeH, yateje ikibazo mu rugo rwabo.
Icyishaka Davis [Davis D], ategerejwe mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho azataramira mu gitaramo East Africa Show in Dubai giteganyijwe