Lionel Messi yasinyiye ikipe ya Inter Miami yo muri Amerika , amasezerano azamugeza muri 2028 akuraho ibihuba byo gusubira muri FC Barcelona no guhagarika
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainarugaba, yifurije isabukuru nziza Paul Kagame w’u Rwanda amushimira ubuyobozi bwe bw’Intangarugero. Ni mu butumwa yanyujije
Juvenal Marizamunda Minisitiri w’Ingabo, yagaragaje akamaro n’uburemere bw’inshingano z’ingabo zirwanira ku butaka, agaragaza ko izi ngabo ari zo zitabara mu bihe bikomeye, bityo zikaba
Umukinnyi wa Filime mu Rwanda Kayonga Gatesi wakuzwe cyane muri ‘Filime’ yiswe Maya yatoranyijwe mu cyiciro cy’abahataniye ibihembo bya Mashariki African Film Festival Awards,
Umutoni Aline usanzwe ari umusifuzikazi Mpuzamahanga yatangaje ko agiye kurega Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles kubera amagambo yamutangajeho. Ibyo Umutoni Aline
Ku wa Kabiri tariki ya 21 Ukwakira 2025, U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 277 bagizwe n’imiryango 94 bari barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko n’ubwo Afurika iri ku isonga ku Isi mu kugarizwa n’ibibazo by’umutekano muke, ariko nta bantu bafite inshingano
Nyuma y’amakuru yavugaga ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni arembye, nk’uko umuhungu we yabitangaje, yongeye kugaragara mu ruhame asezeranya abatuye mu Karere ka