Raporo zitangazwa n’ibitangazamakuru mpuzamahanga zemeza ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ari mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga, nyuma yo kuremberwa n’indwara itatangajwe.
Igiciro cya Victor Osimen ku isoko ry’abakinnyi cyamanutse cyane dore ko cyavuye kuri 203,616,000,000 Rwf kigera kuri 127,260,000,000 Rwf. Victor Osimhen usanzwe akinira ikipe
Urwego rw’Igihugu Rwubugenzacyaha,RIB , rurasaba aba ‘Agent’ ba Mobile Money kuba maso bakagira amakenga ku bantu babasaba kubabikuriza amafaranga bakoresheje nimero zabo za telefoni.
Umukinnyi wa Fc Barcelona Lamine Yamal ku myaka 18 y’amavuko yashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi bahembwa agatubutse. Ni urutonde ruriho abarimo Cristiano Ronaldo uzinjiza agera
Mu muhango wo gusezera bwanyuma kuri nyakwigendera Ingabire Marie Immaculée abantu batandukanye babanye na bahuriye we mu mirimo yakoraga, batanze ubuhamya bagaragaza uko yari
Logic Training Center ni ikigo cyigisha imyuga ijyanye n’ikoranabuhanga kikaba gikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi. Bigisha imyuga irimo ; ‘Computer