Nyuma y’igitero cy’inyeshyamba za CODECO abantu nibura umunane nibo bamaze kumenyakana ko bapfuye mu Majyaruguru ya Beni, ingabo za FARDC zigawa n;abaturage kubera kudatabara.
Umusore w’imyaka 19 yinjiye mu nteko ishinga amategeko ya Kenya atabiherewe uburenganzira ;abajijwe impamvu yabikoze asobanura ko ari umuhungu w’ibanga wabyawe na Perezida William
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko Israel na Hamas bamaze kumvikana ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano,
Donald Trump yasubiye ku rubuga rwa TikTok arongera akoresha konti ye, nyuma y’igihe bivugwa ko ishobora gucibwa muri Amerika. Ubwo Donald Trump, Perezida wa
Ku wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, abahagarariye ihuriro AFC/M23 n’intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) biteganyijwe ko bongera
Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu gihugu cya Uganda yishe akebye ijoshi ry’umugore nyuma yo kugirana amakimbirane akomeye ubwo aba bombi bari batashye mu