Umugabo w’umunyamisiri w’imyaka 44,witwa Ashraf Mahrous yatunguye abatuye isi mu buryo bukomeye nyuma yo gukururaga ubwato bupima toni 700 akoresheje amenyo ye. Mu mujyi
Ibihumbi by’abarwanashyaka ba nyakwigendera wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Amolo Odinga, batangiye guteranira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta i Nairobi,
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarashe ubundi bwato bwavaga muri Venezuela, bikekwa ko bwari bwikoreye ibiyobyabwenge. Amashusho y’amasegonda 33 yashyizwe hanze na
Imiryango y’abantu bashimuswe mu ntambara ya Israel na Hamas yemeje imyirondoro y’abantu bayo batatu mu mirambo ine yagaruwe na Hamas binyuze mu bufatanye n’umuryango
Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari kuvugwa cyane izina rya Colonel Micheal Randrianirina, umusirikare wigaragaje mu buryo butunguranye ubwo yatangazaga ko
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero by’indege z’intambara mu bice bituwe n’abaturage ndetse no ku birindiro by’Ihuriro
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye visa abanyamahanga batandatu bashinjwa amagambo batangaje ku mbuga nkoranyambaga y’ubushinyaguzi yifuriza gukongoka Charlie Kirk, wari inshuti y’akadasohoka ka
Umugabo wo mu gace ka California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishe arashe umugore bakundanaga akaza gushaka undi mugabo nyuma yo gutega imodoka ye