Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki Gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya
Mu gitondo cya tariki 15 Ukwakira 2025 nibwo byemejwe ko Raila Amolo Odinga, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya ndetse akaba umwe mu banyapolitiki
Umwana w’imyaka ine yahiriye mu nzu ahita apfa nyuma yuko icyumba yari aryamyemo gifashwe n’inkongi y’umuriro ikomeye yadutse saa saba z’ijoro ubwo nyirakuru yari
Abanyamadini batandukanye bo mu Burusiya basabye Leta guca umunsi wa Halloween bawita umunsi ufitanye isano no kwambaza Satani no gukwirakwiza imyemerere itari iya gakondo
Donald Trump yanenze ifoto ye yakoreshejwe n’ikinyamakuru Time Magazine ku nkuru cyari cyanditse ku ruhare yagize mu guhagarika imirwano muri Gaza. Iyo nkuru yasohotse
Mu gihe abantu benshi bari biteze ko Inama Mpuzamahanga y’Amahoro yabereye i Sharm El-Sheikh mu Misiri ku wa Mbere w’iki cyumweru izitabirwa n’abakuru b’ibihugu
Mainly Mannie, umusore wubatse izina rikomeye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri TikTok, aho azwi cyane nka “Boss and CEO”, yatangaje ku mugaragaro ko
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI). Ni amasomo agiye kwiga