Felix Tshisekedi yihakanye abihaye Imana bakomeje kuzenguruka Isi bashakira amahoro Congo

Perezida Tshisekedi ufite indimi nyinshi kubijyanye n’ikibazo cy’umutekano muke muri Congo, yagaragaje ko itsinda ry’abihaye Imana bo mu miryango ya CENCO na ECC riri kuzenguruka rihura n’abantu batandukanye ritatumwe na we ndetse ko atazakurikiza inzira zabo z’ibiganiro. Ibi Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 ubwo yari kumwe n’abanyepolitike bo  muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akaboneraho kubabwira ko abagize ‘ Natioanl Episcopal  Conference of Congo (CENCO) na Church of Christ in Congo (ECC), yitandukanyije nabo. Kuva mu ntangiriro z’Ukwezi kwa Kabiri, Abihaye Imana bo mu miryango ya CENCO na ECC batangiye urugendo rwo guhura n’abafite aho bahuriye na … Continue reading Felix Tshisekedi yihakanye abihaye Imana bakomeje kuzenguruka Isi bashakira amahoro Congo