Brian Chira yamennye amabanga atangaza uko yanduye SIDA ayandujwe n’inshuti ye

Brian Chira wamamaye kuri Tok yatangaje uko byagenze kugira ngo yandure agakoko gatera SIDA. Uyu musore yagize ati:” Uko nanduye Sida ni amateka rwose birakomeye nanjye ubwanjye simbanumva nabitindaho kuko byaranyangije cyane.Kugira ngo bimbeho natumiwe n’inshuti yanjye bisanzwe ambwira ko tugiye kuryoshya mu isabukuru y’uwo twari tuziranye mu birori byagombaga kubera mu Mujyi wa Mumbasa. Uyu musore yavuze we yatekereje kuza kare akagera aho byagombaga kubera gusa ngo agahitamo kuba arimo gutembera mbere y’ibirori nyirizina.Yagize ati:” Murabiziko ibitaramo biba nijoro , rero njye nahageze kare biba ngombwa ko mbanza gushaka aho nishimishiriza ndetse ntembera kuko amasaha ntabwo yari aragera. Naje … Continue reading Brian Chira yamennye amabanga atangaza uko yanduye SIDA ayandujwe n’inshuti ye