Bianca Censori na Kanye West bongeye kwiyereka Isi

Bianca Censori n’umugabo we Kanye west, bongeye kugaragara bambaye ibimeze nk’ubusa kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Nyakanga 2024 ubwo bari basohokeye mu Mujyi wa Los Angeles muri Amerika. Mbere yo kugenda mu modoka yo mu bwoko waba Tesla Cybertruck imodoka ikundwa cyane na Kim Kardashian wari umugore wa Kanye west, Bianca na Ye ba banje gutembera mu muhanda Bianca yambaye hafi ya ntayo. Iyi modoka yatembereyemo yakozwe n’uruganda rwa Elon Musk, gusa mbere y’aho yari yabanje kugira akabaza basa n’abayibitse. Muri uru rugendo rusa n’ubutembere. Bianca yamaze amatsiko ababiza uko ubwambure bwe bumeze kuko byasaga n’aho yambaye ubusa buri … Continue reading Bianca Censori na Kanye West bongeye kwiyereka Isi