Photo/ Internet

Zimbabwe: Uumugabo yatunguwe cyane nyuma yo gusanga pasiteri wabasezeranyije ariwe Ise w’abana arera

10/24/24 19:1 PM
1 min read

Eunice Mururi  wo muri Zimbabwe  aherutse gutungurwa nyuma y’ikizamini cya DNA byemeje ko pasiteri wo mu Itorero ryo asengeramo rya  END TIME MESSAGES riherereye i Chiredzi.

Uyu mugabo Eunice Mururi yari yarashyingiranywe  n’umugore we Farai Hatirarami  baakaba bashanyaga kwita no kurereba abana babiri, gusa ubwo yakoreshaga isuzume ry’ibimenyetso bya gihanga  yasanze abana babiri umwe w’imyaka umunani ndetse nundi  w’imyaka ine  arera ari aba pasiteri we uzwi nka Vhetu.

Ubu Mururi yajyanye Pasiteri Vhetu mu rukiko akaba asaba amadorari 700 buri kwezi yo gufasha aba bana be babiri. Pasiteri Vhetu murukiko  yemereye murukiko ko yemera ko ari we se w’abana babiri  ba Farai yasezeranyije na Eunice.

Gusa yagaragaje  impungenge afite z’amafranga kuko amturo asigaye yakira amenshi akunze kuba ari ibiribwa aho kuba amafaranga.

Urubanza rwabo rwasibe abantu bafite akoba ndetse no gushidikanyamo muribo. Gusa byaje gushyira umucyo ku karengane  Eunice yahuye nako ubwo urukiko ruyobowe n’umucamanza Diana Musiiwa  rwemeza ko pasiteri Vhetu azajya atanga amadorari 175 buri kwezi ku bana bombi.

Photo/ Internet

 

Go toTop