Umugabo wo muri Kenya uzwi ku izina rya Benson Otieno Odhiambo ahagana muri 20211 yaje gukundana nu umukobwa ndetse baza gushyingiranwa nyuma.
Umugore we yaje kumusaba ku mufusha akiga ibijyanye n’umwanditsi nuko umugabo afata ideni rya bank kugira ngo amurihire kaminuza ndetse anabone uko yita ku bana 3 babyaranye.
Ubwo umugore we yamugezagaho icyifuzo cyo kwiga kaminuza ngo azabe umwanditi w’umwuga, yahise ahagarika undi mushinga yari afite wo kubaka inzu. Gusa byose yahise abishyira ku ruhande ahubwo  abanza kuzuza icyifuzo cy’umukunzi we.
Nyuma yibyo yamukoreye byose ndetse akamufasha kugeza asoje kwiga, yaje guhita amuha divorce. Otieno ubwo yaganiraga ni ikinyamakuru kiri mu bikomeye muri Kenya TUKO.co.ke yavuze agahinda afite ndetse yari asa nku ufite ikiniga.
Umwanditsi:BONHEUR Yves