Ukina Filime z’urukozasoni yasanzwe mu nzu yapfuye

1 month ago
1 min read

Juli Luxie w’imyaka 21 y’amavuko yasanzwe mu nzu yapfuye kuri uyu wa 22 Werurwe 2025. Kugeza ubu Polisi yatangiye gukora iperereza. Lucie wari ufite imyaka 16 yakomeje kujya atangaza benshi kubera urukundo rwe n’umugabo w’imyaka 33 bamamwifurije gupfira mu mahoro.

Amakuru y’urupfu rwa Julie Luxie avuga ko yari amaze ibyumweru bibiri yarabuze, umuryango we utazi aho ari.

Umuryango we wari usanzwe utuye mu Bufaransa aho nawe yabaga , wari waratewe impungenge n’ubuzima , nk’uko byatangajwe na se, wavuze ko yasanzwe mu nzu ye yapfuye umurambo uri inyuma y’urugi.

Aho yasanzwe hari amaraso menshi gusa iperereza rya Polisi ntabwo riragaragaza igisubizo. Mu batewe agahinda n’urupfu rwa Luxie harimo n’umukunzi we Jaouad Daouki, watangaje ko ababaye cyane.

Yagize ati:”Ugiye utansezeye , iteka naho nkukunda. Genda mu mahoro nshuti yanjye. Ndagukunda”. Urukundo rw’aba bombi rwateye benshi urujijo kubera ikinyuranyo cy’imyaka iri hagati ya Jaouad Daouki wari ufite 33 n’aho Juli Luxie afite 16.

Go toTop