Ibirori byose bitari siporo byahagaritswe kuri stade y’abahowe Imana na Tata Raphaël kugeza igihe hazatanganzwa icyemezo gishya.
Abayobozi bifuza kubanza gushimangira amabwiriza kugira ngo birinde izindi mpfu nyuma y’amakuba ejo mu gitaramo cya Pasiteri Mike Kalambay, cyahitanye abantu 9 abandi benshi barakomereka.
Ihagarikwa ry’ibikorwa kuri izi stade byatumye ibitaramo by’abahanzi ba muzika Fally na Ferré biteganijwe muri Kanama kuri Stade des Martyrs na Tâta Raphaël,byahise bihagarikwa.
Uyu mwanzuro ufashe mu nama yakozwe na minisitiri w’intebe wungirije wa Rdc mu nama uayeguye nyuma Yuko igitaramo cyabaye kuri uyu wa gatandatu.
Isoko: 7Sur7.cd