Papa Francis agiye kuva mu Bitaro

Nyuma y’Ukwezi Papa Francis ari mu Bitaro , agiye kubivamo kuri iki Cyumweru tariki 23 Werurwe 2025. Papa Francis yari arwariye mu Bitaro bya Gemelli biri i Roma. Abaganga be bakaba batangaje ko azakenera byibura amezi abiri ari kuruhuka ndetse akaba ategerejweho gutanga umugisha ari mu idirishya ry’icyumba cye. Uwo mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yashyizwe mu Bitaro tariki 14 Gashyantare 2025 afite uburwayi bukomeye bw’ibihaha byombi ndetse umwe mu bamuvura witwa Dr Sergio Alfieri yatangaje ko akigera mu Bitaro ubuzima bwe bwari mu kaga. Dr Sergio Alfieri yavuze ko Papa Francis atari yakira neza , icyakora ko atagifite … Continue reading Papa Francis agiye kuva mu Bitaro