Gariyamoshi imwe yo mu Buhinde itwara abantu barenga Miliyoni 25, buri munsi aba bakaba baruta abaturage bose batuye Australiya ndetse n’ibihungu bimwe na bimwe byo ku mugabane wacu n’U Rwanda rurimo.
Ubuhinde, ni igihugu giherereye muri Aziya. Nicyo gihugu cya 7 kinini ku isi ndetse cyikaza mu byambere bituwe cyane ku isi. Umurwa mukuru wabo ni New Delhi, indimi zikoreshwa akaba ari Icyongereza ndetse n’igihinde. Umuyobozi wabo mukuru ni Perezida kuri ubu uri kubutegetsi ni Droupadi Murmu, akungirizwa na Minisitiri w’intebe Narendra Modi.
ukurikije raporo ya Bank y’isi yasohotse muri 2023 kuri ubu U Buhinde butuwe n’abaturage barenga Miliyari 1.429. Nkuko mu Rwanda tugira serial Code +250 dukoresha mu itumanaho u Buhinde bukore +91. Usibye kuba bazihwo ubukungu buhamye uruganda rw’imyidagaduro rwaho rwateye imbere cyane ndetse hafi gusatira Hollywood y’abanyamerika mubijyanye no gukina cyangwa gutunganya filime.
U Buhinde buzwiho kuba igihugu gifite isuku ndetse gisurwa na bamukerarugendo benshi. Bana fite inzu ibumbatiye amateka akomeye yitwa Taj Mahal tuzagarukaho muyindi nkuru.
India iherereye muri Azia
Gariyamoshi zaho zizwiho gutwara abantu benshi ndetse byibuze k’umunsi imwe yatwara abantu barenga miliyoni 25.
Sibyo gusa kuko banafite gariyamoshi ziri muzigezweho muri iki kinyejana