Ahagana muwi 1927 Perezida wa Liberia Sir Charles Dunbar Burgess King niwe wa mbere waciye agahigo ndetse yegukana igihembo cya Guiness Record cyo kuba umu perezida wa mbere wari ukunzwe ndetse yatowe ku majwi y’ikirenga.
Mu matora yabaye yagize amajwi 234,000 kandi muri icyo gihe abari biyandikishije kuri lisite y’itora ni abantu 15,000 gusa. Ku mu mateka y’isi new wamber e wari uciye ako gahigo ko gutorwa n’abantu benshi.
Sir Charles Dunbar Burgess King akaba yaravutse 1875-1961, yabaye perezida wa 16 wa Liberia guhera muri 1920 kugeza 1930. Nubwo yakoze ibikobwa byinshi by’ubutwari akigera ku butegetsi gusa nyuma yaje kurangwa no kurya ruswa ndetse n’ubucakara abutiza umurindi ibi byatuma akurwa ku butegetsi ahagana 1930.
King Charles ari kumwe n’umuryango we imbere y’inzu bari batuyemo ahagana muwa 1927