Advertising

Channing Tatum yatandukanye na Zoe Kravitz yari aherutse guterera ivi

10/31/24 7:1 AM
1 min read

Umwaka wa 2024 ugiye gusiga indi ‘Couple’ y’ibyamamare muri Amerika bitandukanye.
Aba ni abakinnyi ba filime Channing Tatum washwanye na Zoe Kravitz yari aherutse
kwambika impete y’urukundo.

Umukinnyi wa filime Channing Tatum na Zoe Kravitz uzikina akanazitunganya, akaba umukobwa w’ikirangirire mu muziki Lenny Kravitz, ni bamwe muri ‘Couple’ zagaca ibintu muri Amerika dore ko bombi bahuye buri wese yarubatse izina muri Sinema.

Amakuru yo gutandukana kwabo yatangwajwe bwa mbere na New York Post yavuze ko ibi byamamare byombi byashiyize akadomo ku mubano wabo. Ibirimo PageSix na TMZ nabyo byanditse inkuru zigaragaza ko urukundo rwa Tatum na Zoe rwajemo agatotsi.

Byatangajwe ko Channing Tatum na Zoe Kravitz batandukanye mu ntangiriro z’uku kwezi kandi ko batakibana mu nzu imwe dore ko kuva mu 2022 bibaniraga nk’umugabo n’umugore.

Icyakoze ntabwo haratangazwa icyabatandukanije.
Channing Tatum yambitse impeta y’urukundo Zoe Kravitz mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, ndetse muri Nyakanga uyu mwaka ubwo basohoraga filime yakunzwe bakoranye yitwa ‘Blink Twice’ batangaje ko bari gutegura ubukwe bwabo mu gihe cya vuba.

Icyakoze nubwo batandukanye, mbere hose bari bararanzwe no guhirwa n’urukundo dore ko Channing Tatum w’imyaka yari amaze guhana gatanya na Jenna Dewan bari bamaranye imyaka 6 barushinze, naho Zoe yari amaze guhana gatanya na Karl Glusman bari bamaranye imyak 3.

Ni ukuvuga ko batangiye gukundana bombi bavuye muri gatanya z’urushako rwambere.

BONHEUR Yves: A Prolific Story of Dedication and Growth

Born with a passion for storytelling and an unyielding curiosity for heritage, BONHEUR Yves has emerged as a dynamic individual deeply rooted in education, journalism, and hospitality. A proud student of the University of Rwanda, Yves pursued studies in History and Heritage, cultivating a profound appreciation for culture and the power of narratives.

As a dedicated professional, Yves has contributed significantly to the media landscape in Rwanda. As an editor for the renowned online platforms Umucyonews.com and Umunsi.com, Yves's editorial expertise has amplified diverse voices, driven meaningful conversations, and shed light on important societal issues. These platforms reflect Yves's unwavering commitment to excellence and storytelling.

Yves's professional journey extends into the hospitality industry, where they have demonstrated versatility and leadership as part of the team at Lighthouse Hotel. Balancing academic pursuits with professional responsibilities, Yves epitomizes resilience and adaptability.

In recent years, Yves has embraced online learning through EF Education First, furthering skills and global perspectives. This blend of academic growth and professional experience is a testament to Yves's relentless pursuit of self-improvement and innovation.

Lifestyle Today

Nowadays, Yves leads a life marked by ambition and purpose. As a student at the University of Rwanda’s Huye campus, Yves is deeply engaged in academics, working tirelessly to shape a promising future. Following an exam-focused hiatus, Yves is now fully immersed in their editorial duties at Umunsi.com, blending creativity with diligence.

With dreams of establishing an independent online magazine, Yves is channeling creativity into entrepreneurship, aspiring to contribute even more to Rwanda’s growing digital media space.

A balance of professional endeavors, academic commitment, and personal growth defines Yves's current lifestyle, making each day a step toward a future of limitless possibilities.

Sponsored

Go toTop