Nyuma yo gushora arenga Miliyoni 20 kugira ngo ase n’imbwa ze yagize ibyago aho kumukunda ziramwanga
Uyu mugabo witwa Togo yatangaje isi cyane aho yashoye amafaranga atabarika mu kugira ngo agaragara nk’imbwa, cyane ko iterambere nikorana buhanga ntacyo ritakora ,