Moses Turahirwa niwe waryitabiriye mbere ! Abasore babiri b’ibigango b’Abanyarwanda bahatanye mu irushamwa rya Mr Africa International
Abasore babiri bakomoka mu Rwanda bari muri 30 barimo gushakishwamo umwe uzahiga abandi muri Mister Africa International igiye kuba kunshuro yayo ya 11.