Umugore witwa Olivia Quast, w’imyaka 30 ukomoka muri Thomaston, yakomeretse bikabije mu maso no ku kuboko akomerekejwe n’imbwa bivugwa ko bakundana. Ibi byabaye tariki
Mu kiganiro n’itangamakuru Annet Ngondo yahishuye ko yamaze imyaka 10 nta mwana bikamutera kwigira inama umugabo we kwishakira ubundi buryo yabonamo akana,ariko umugabo we
Harerimana Patrick w’imyaka 34 y’amavuko uvuka mu Kagari ka Kivugiza, umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, yapfuye mu buryo butunguranye nyuma yo guteragurwa
Abaturage batuye mu mudugudu wa Gahama, Akagari ka Terimbere, Umurenge wa Nyundo ho mu karere ka Rubavu, batunguwe no kubona umubyeyi w’umuturanyi wabo utifuje
Uyu muhanzi wari ukunzwe mu njyana ya ‘Amapiano’ yitabye Imana nyuma yo kugwa ku rubyiniro.Yapfuye ari mu gitaramo cy’iminsi ibiri cya Ultra South Africa
Amateka ya Mehran Karimi Nasseri yashimishije abantu kwisi yose nyuma yo kumenya ko yararaga ku kibuga cy’indege imyaka igera kuri 18 yose. Nasseri uzwi
Umuhanzi ufite ibendera mu njyana ya Hip Hop mu Karere ka Rubavu Shafty Ntwali , agiye kongera kugaragara kurubyiniro mu gitaramo azahuriramo na NTziyo