Dore icyo wakora ako kanya ukimara kuryamana n’umuntu wanduye Virus itera SIDA ukabasha gukiza amagara yawe
Biragora cyane kwizera ko umuntu yakubwia ko yanduye ngo urekere aho ubushake wari ufite bwo kuryamana nawe, abenshi birabananira bakisanga mu mazi abira banduye